20/04/2021
Jye ngira impuhwe iyo mpuye n'umuntu ufite ikibazo akeneye ubufasha iyo nganiriye nawe icyambere mbanza kwiyumvamo niyumvishako ashonje mbere yabyose ikdi ni ubuzima bwaburimunsi (imibereho) aho akura ibimutunga,imyambaro ubuvuzi bw'ibanze,aho kurara, n'ibindi byose umuntu akanera mubuzima. Kugira ngo isi ihinduke ibe nziza Imana idusaba kugira urukundo.nkuko no mubyanditswe byera Ivuga ngo k***a mugenzi wawe nkuko wik***a.musangire byose.wowe uhagaze ute imbere y'Imana ese ibi mvuze urabikora? Ufite umutima wuje impuhwe n'ukundo niba ntabyo byitoze n'ubwo bitoroshye rwose kwigimwa kurekura icyo ukunze ngo ugifashishe ubabaye.nanjye uvuga ibi ntibinyorohera kubikora kuko ntafite.icyo mfite ni umutima ushaka gufasha ariko nkabura icyo mfashisha abandi nanjye nagiriwe neza ngimba kuyigirira nanjye abandi.niba nawe ufite icyifuzo nk'icyanjye ntera imbaraga. Wampamagara cg ukanyandikira in box :0788261340 iri kuri whtsup.Imana ibahe umugisha.