21/05/2022
* nuhemukira umuntu inshuro nyinshi akwihorera ntugatecyereze ko Ari uko atabibona ahubwo nuko aba yarakumenye neza arko akaba ataragufatira umwanzuro 😉
*Nuryarya cg ukabeshya inshuti yawe ukabona ntabiminye cg ngo mushwane uzarekere kuko umunsi yakweretse icyo agutecyerezaho uzatungurwa
*Nubona umuntu wagusabaga ko umufasha yatangiye kwifasha mubyo wamufashaga uzamenye ko KABAYE kuko aba amaze kubona ko ubufasha ubutanga utabishaka cg ntacyo bucyimumariye
* Abo wibwira ko mubana neza Bose ntugatecyereze ko Ari uko urenze cg bagucyeneye cyane ahubwo uzamenye ko bashobora kuba Bazi kwihanga bigutere kubana neza utabangamye
*Uko waba useka neza kose ujye ubanza urebe neza niba uwo usecyera Atari kurira kuko abaye ababaye iyo nseka yawe yamushengura umutima(ikiza nukubanza kumuhoza ukamusecyera nawe yishimye)
* Ntakuntu gikwiye gutuma wikunda ngo urenze kuko byakugora kubana neza
(Kwikunda ni byiza arko sibyiza mu gihe bibangamiye abandi)
*ibyiyisi byose bizashira hasigare urukundo uzashake ibyawe utuje arko ntugashwane ninshuti kubera byo🤝
*Uzahemuka urwanira ibirenze arko umunsi uzapfa ibyo waguze biguhenze nta nakimwe kizamenya ibyabaye arko inshuti izagusengera isaba ko Aho ugiye ugerayo amahoro.